شارك المقطع :
Ubuzima ni impanuka gusa? None se kuki wumva ufite agaciro?
"Turavuga ngo turi umusaruro w’ihindagurika karemano… ibisubizo by’impanuka z’imisemburo." Nibyo, reka tugerageze kubitekerezaho…Kuki iyo umuntu akuvuze nabi,wumva ubabaye mu mutima wawe? Kuki ubabara iyo upfushije uwo ukunda? Kandi kuki ukunda mu buryo bwose? Iyo tuba impanuka gusa…Ni kuki twumva dufite agaciro gahambaye imbere muri twe? Kuki turirira urupfu rw’umwana?  Kuki tuvuga ngo “ibi si byo”?  Iyo isi itagira icyo isobanura,byaba bisanzwe ko natwe tudafite icyo tugamije. Ariko se ukuri ni iki? Buri kanya twibaza tuti: "Kuki ndi hano?" "Ese mwibwiraga ko twabaremye ubusa?" (Sura Al-Mu’minûn, 23:115) Umutima wanga kwemera ko byose ari impanuka gusa… Kandi ubwenge bwanga kwemera ko byose ari akavuyo. Amarangamutima yacu… umutimanama wacu… Iryo pfundo ryo kumenya icyiza n’ikibi…Byose bigaragaza ikintu kimwe: Hari intego. Kandi hari Umuremyi.  Ushobora kuba utaramenya byose… Ariko hari inzira yoroshye yo gutangiriraho.
تحميل
المقاطع المرئية
English watch
español watch
Filipino watch
Français watch
Hausa watch
italiano watch
lingála watch
Malagasy watch
português watch